Kicukiro–Masaka: Umusore akurikiranyweho kwica umwana w’umuturanyi amukubise ikibando

Spread the love

Mu murenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’akababaro y’umusore ukiri muto akekwaho kwica umwana w’imyaka ibiri, amukubise ikibando ku mutwe.

Amakuru atangazwa n’abaturage b’ahitwa mu kagari ka Rusheshe, aho byabereye, aravuga ko urupfu rw’uyu mwana rwahereye ku makimbirane ashingiye ku ibura rya Telefone aho uwo musore yabanje guhusha nyina wa nyakwigendera inshuro zitari imwe.

Uwiduhaye Ruth yabwiye TV1 ko umwana we nyuma yo gukubitwa yari kugezwa kwa muganga akaba yanakira ariko akitambikwa n’abo mu muyano w’uwakoze icyaha agasaba gufashwa kuvuzwa kuko nawe yakubiswe ndese akanafashwa gushyingura umwana we.

Abarage bo muri Kagese bavuga ko uyu Gashuhe asanzwe arangwa n’imyitwarire idahwitse bisanzwe bizwe muri aka gace bagasaba ko yazahabwa igihano cy’inangarugero no ku bandi banyarugomo.

Umuvugizi wa RIB mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire Dusengukiza Jean Claude yashikirijwe ubuenzacyaha ashimanira ko kwihanira bitemewe mu Gihugu yiananisha umuryango wa nyakwigende awizeza kuzabona ubutabera.

RIB yibukije abantu ko icyaha cy’ubwicanyi gihanwa n’amategeko, kandi ko uwo musore naramuka ahamijwe icyaha, ashobora gukatirwa igifungo cya burundu.

RIB irasaba abaturage gutanga amakuru ku gihe ndetse no gukomeza kwirinda kwihanira, ahubwo bagashyikiriza ibyaha inzego zibishinzwe birinda kugwa mu byaha nk’ibi.

Iganze Hiro Guan w’imyaka ibiri yakubiswe ahagana mu masaa mbiri ajyanwa ku Bitaro bya Masaka mbere yo koherezwa ku Bitaro bya Kanombe nyuma aza gushiramo umwukaka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *