Abaturage barenga 50 bishwe bashaka ibiribwa muri Gaza, abandi 400 barakomereka
Abanya-Palestine barenga 50 bishwe naho abandi basaga 400 barakomereka ku wa Gatatu bari bategereje ibiribwa hafi y’umupaka wa Zikim mu
Read moreAbanya-Palestine barenga 50 bishwe naho abandi basaga 400 barakomereka ku wa Gatatu bari bategereje ibiribwa hafi y’umupaka wa Zikim mu
Read moreMinisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yatangaje ko igihugu cye giteganya kumenya ku mugaragaro Leta ya Palesitine muri Nzeri, kikaba
Read moreKamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ku wa Gatatu ko ataziyamamariza kuba Guverineri
Read moreNibura abantu 25 bapfiriye mu bitero by’indege by’u Burusiya byagabwe mu ijoro no mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri
Read moreLeta ya Burkina Faso yatangaje ko ifata urupfu rw’umunyarugamba wayo wafatiwe muri Côte d’Ivoire nk’ubwicanyi, ihakana ibyo Abanya-Côte d’Ivoire bavuze
Read morePerezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, w’imyaka 83, yatangaje ko azongera kwiyamamaza mu matora ateganyijwe muri Ukwakira uyu mwaka. Mu
Read morePolisi yo muri Angola ivuga ko abantu batanu barimo umupolisi bishwe, abandi barenga 1200 batawe muri yombi nyuma y’imyigaragambyo yabereye
Read moreEmily Damari wahoze ari ingwate mu Bwongereza na Isiraheli yashinje Minisitiri w’Intebe “kunanirwa mu myifatire” nyuma yo gutangaza ku bijyanye
Read moreMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko u Rwanda rwemeye gushyira umukono ku masezerano y’amahoro na Repubulika Iharanira
Read morePerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika yahaye Uburusiya ikindi gihe gishyashya kandi gito kugira ngo bube bwemeye
Read more